27/12/2023
nkaba mbazaniye love story
Name: the power of love
Episode 1
Dutangiranye namaniga abiri arikuganira
Jay:ariko Kevin ubona ibintu twihaye tuzabishobora koko njye mba numva ntari hamwe kbx kuko igihe nahereye sindumva nyuzwe p*e
Kevin: byo nanjye nuko p*e byibura maze gukundana💚 nabakobwa barenga 5 🙅 arko ntanumwe ndumva twabana
Jay: njye rero nafashe umwanzuro mbivuyemo,🚶
Kevin: njye ntibyanyorohera kbx
Jay:ntabwo bigoye but ntaburenganzira mfite bwo kwinjira mubuma bwa
Kevin: oya bro kubwiñjiramo so ikibazo p*e ese ko mbona warangaye Jay,Jay
Jay: Reba hariya hirya
Kevin:hehex
Jay: Reba hariya yewe ntakintu ubona
Kevin:yeeeeeee¡!!
Jay:umutima wanjy uratera cyane nkeneye urukundo
Kevin:ese bro urabona byavamo ko mbona arenze
Jay: ngiye kumwigaho but she'll be mine
Tuvuye aho twerekeze murugo rwiza ubonako ntacya babuze Hari umu mama wicaranye numwana wumukobwa baganira
Mama: Ketty mwana wanjye ibyo nakubwiye nibyinshi icyo usabwa nugukorana umuhate
Ketty:yego mama kdi urabizi ndakubaha
Mama: Dore Papa wawe yagiye mukazi hanze yigihugu azasange umeze neza kwa wige cyane
Ketty: yeg mama
Mama: ngaho genda kumuhanda kuri botique ugure amata uzane
Ketty: yego kanihute
Ubwo Ketty yaragiye aragenda agura ibyo bamutumye aragaruka
Dusubire kuri Jay na Kevin
Kevin:mn Dore wamukobwa aragarutse
Jay: Sha ndabona uburyo ameze nkabona agoye
Kevin:ese uba wigira ibiki ko abandi utajya ubatinya
Jay: nanjye sinzi impamvu p*ee
Kevin: ese noneho ubu murugo bameze bate Dore twavuye mwishuri ubu ntabuzima kbx
Jay: none ushaka ngo dukore ikix
Kevin: njye ngiye gushaka akazi kbx
Jay:genda nyine
Kevin: ese uzigeza kuki
Jay: icyo uzabacyo ukibona kare
Kevin: none oe uzaba iki
Jay: nanjye nibyo nibaza
Kevin:Sha njye ndatashye rero tuzasubire ejo
Dusubire kwa Ketty murugo
Ketty: mama naje
Mama: ok byiza cyane ko wihuse cyane
Ketty:mama Hari ikintu nshaka kukubaza
Mama: mbaza ntarb
Ketty: mama ese urukundo Niki? Kuberiki bavugako urukundo Ari impumyi?
Mama: mwana wanjye urukundo ni ikintu cyagaciro cyane gikorwa bitewe nicyizere mufitanye hagati yawe nundi icyo nicyo bita urukundo
Ketty: nonex ubundi Niki kigaragaza urukunddo nyakuri
Mama:ese ubundi kubimbaza cyyane umutim wawe niwo uhutamo uwo ukunda
Tuvuye aho tugaruke kuri Jay arihamwe numukobwa
Jay: ese wandetse ndumva ntameze neza please ndakwinginze sibyo kelia wanjy
Kelia:ese ko utajyag inyicaho wabitewe niki
Jay: ndumva ntameze neza p*e
Kelia: which problem do you have?
Jay: it's unique but ndashaka kugusaba akantu gato ese urabyemera
Kelia: yeg chr ❤️ ntacyo wansaba ngo nange kuko numva waba ubuzima bwanjye
Jay: ikintu nshak kugusaba rero niki wanyemerera tugahagarika umubano dufitanye
Kelia: ngo!¡!? Ugize ngwiki chr ntago twabikora p*ee
Jay:niwo manzuro nafashe rero niba utabyumva sinzi ibyo urimo
Kelia (mumarira menshi): Jay urabizi ndagukunda ese kuki ushak kumbabaza naguhaye umutima wanjy none Reba ibyo unkoze saw bye bye arko urambabaje cyane
Ubwo kelia yahise yiruka🏃agenda arira😭
Jay(yivugisha):kelia I'm sorry ntayandi mahitamo narimfite ahubwose noneho uriya we nzamugeraho gute gusa nzonger nsubire hahandi narindi ejo Wenda nakongera kumubona
Bukeye bwaho kelia na Kevin baganira
Kelia: Kevin ese kok inshuti yawe yankoze ibiki
Kevin:ntago mbizi byose ni amahitamo ye
Kelia: ubwo ushatse kumbwirako afite undi
Kevin: ntabyo mvuze arko
Kelia: ngaho mbwira impamvu yanyanze kuko ni oe nshuti ye tuzi
Tuvuye aho tugaruke kuri Jay
Jay(yivugisha): ese kko ubu ndamubona cg ntawe ubu umwanya wanjye waba upfuye iki?
Hashize isaha
Ketty agenda munzira arko ndabon inyuma ye Hari umwakura
Ketty:urinde woe ko numva unsifura
Jay: ok nitwa Jay nari nifuje kugira icyo nkubaza
Ketty: ok mbaza vuba ndi kwihuta
Jay: nonex oe witwa nde
Ketty: ntago nahita ndikubwira
Jay: ok nonex uri kwerekeza hehe
Ketty: ibyo nibyo bitumye umpagarika
Jay: oya icyo nashakaga ni number yawe
Ketty: ngiye kukubwira amagambo uzakuràmo number yanjye
Jay:ntrb
Ketty: nayasoje
Jay: urasa neza
Ketty: thank you
Jay : saw rero kanigendere
Ketty: nitwa Ketty arko number yo nzajya nguha umubare umwe bitewe nuko ngiye mboñako uyikwiye
Kevin na kelia baganira
Kevin: Jay afite undi yakunze
Kelia: oya ntago yabinkora
Kevin: ubwose uri kwirata ik ahubwo reka nkubwire ushak Jay nanjye nshak uwo yakunze
Kelia: eeehhh ubwo mwakunze umukobwa umwe
Kevin: yeg
Kelia: none tubatanyex
Kevin: Jay ndakuziye ngomba kubon uwo nkunda
The end of ep 1