Primus Rwanda

Primus Rwanda Ikaze kurukuta rwemewe rwa Primus! 18+ gusa. Reba amategeko n’amabwiriza y’imyitwarire. Nkuko abenshi bakunda kubikoresha mu mvugo inoze, ni :‘Gahuza Miryango’.

Primus ni inzoga ikorwa n’uruganda Bralirwa, ihuza urungano rwose ; Urubyiruko ruri hejuru y’imyaka 18, abakuze ndetse n’abasheshe akanguhe. Hari impamvu nyinshi zo gukunda Primus ; Primus ifite uburyohe bwihariye, niyo nzoga yambere yageze mu Rwanda, Imaze imyaka 90 ihuza abantu, bakishima, bakungurana ibitekerezo byubaka ndetse bagasabana. Agahebuzo ni uko Primus yatuzaniye rimwe mu marusha

nwa ya muzika rikunzwe cyane mu gihugu ariryo ‘Primus Guma Guma Super Star’."Iyo abantu bahuye bagasangira ibihe byiza, niho usanga Primus, inzoga nziza ikundwa n'abanyarwanda kuva 1959. Twishimire ubuzima bwiza n'ejo hazaza heza cyane"

Primus Guma Guma Super Star ni irushanwa ngarukamwaka rya Muzika ryambere rihuza abahanzi bakunzwe kandi bashoboye mu Rwanda, hagamijwe guhitamo ubahiga bose. Primus Guma Guma Super Star ikaba imenyekanisha abo bahanzi mu bice byose by’ igihugu, inagamije gusakaza ikinyobwa gikunzwe cyane cya Primus. Irushanwa rihuza hagati y’abantu 20, 000 kugeza 50,000 aho ribereye hose, maze abaje kwihera amaso bakagira amahirwe yo kwibonera abahanzi bakunda bagera ku 10 amaso ku ku maso. Abaje kureba irushanwa baba bafite amahirwe yo kwinywera Primus ya santiritio 50 (50 cl) ndetse n’ibindi binyobwa bidasembuye bya Bralirwa ku giciro gisanzwe.

02/08/2026

Na Primus Iduha vibes nijoro ritazibagirana! King James yigaruriye urubyiniro, BK Arena irimo kubyina!

Urban Boyz bakoze amateka i Rubavu. Bavuye ku rubyiniro abafana bagikomeje kubaririmba no kubashaka, ikimenyetso cy’uruk...
01/08/2026

Urban Boyz bakoze amateka i Rubavu. Bavuye ku rubyiniro abafana bagikomeje kubaririmba no kubashaka, ikimenyetso cy’urukundo n’igikundiro bafite. Muri ibyo bihe byose, Primus yakomeje guhuza inshuti no gusangira ibyishimo, yongera kugaragaza ko imyaka 10 imaze iherekeza ibihe bikomeye by’umuziki nyarwanda.

01/08/2026
01/08/2026

Urban Boyz yari itegerejwe cyane i Rubavu, none igeze ku rubyiniro! Abafana bayakiriye mu byishimo byinshi, basangira ibihe byiza banywa Primus, ikinyobwa kimaze imyaka 20 giherekeza ibihe byiza by’Abanyarwanda. Ijoro riracyari rito, ibyishimo birakomeje hamwe na Primus.

01/08/2026

Ibyamamare bitandukanye byitabiriye king James concert na Primus

01/08/2026

𝓒𝐡𝐫𝐢𝐬𝐬 𝐄𝓪𝔃𝔂😋 amaze gusoza gususurutsa abakunzi b’umuziki i Rubavu, asiga ibyishimo bidasanzwe! Mu gihe abafana bakomeje gusangira ibihe byiza basoma kuri Primus ibirori biracyakomeje kandi akanyamuneza ni kose. Primus ni yo iherekeza ibihe byiza!

Address

Kigali
N/A

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Primus Rwanda posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Shortcuts

Share

Category